ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU
Minisiteri y’Ubuzima irahumuriza abanyarwanda n’abaturarwanda, ko ikibazo cyagaragaye mu mashuri ya New Explorers Girls Academy (NEGA) mu karere ka Bugesera na Rambura Girls Secondary School mu karere ka Nyabihu kirimo gukurikiranwa n’inzego zibishinzwe kandi ko abanyeshuri barimo kwitabwaho umunsi ku wundi.
Ku bufatanye na Minisiteri y’Uburezi, Ibitaro n’ibigo nderabuzima hamwe n’abandi bafatanyabikorwa, turakora ibya ngombwa byose kugira ngo abana n’imiryango yabo bitabweho uko bikwiye.
Abanyeshuri bamwe batangiye gukira kandi kugira ngo bigenda neza, Minisiteri irasaba buri wese kwubahiriza uburenganzira bw'umurwayi ku ibanga asangiye n'abamuvura.
Kigali, Rwanda – February 1, 2025 – The Ministry of Health launched the Accelerated Plan for the Elimination of Cervical Cancer in Rwanda 2024-2027,…